Amakuru

MICT yarangije kwimura inyandiko za TPIR

Arusha, 13 Kigarama 2016

MICT yarangije kwimura inyandiko za TPIR

Inyandiko zahoze ari iz’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda (“TPIR”) ubu zose zarimuwe kugira ngo zibikwe n’Urwego rw’Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (“MICT”).

 

Perezida Meron yagejeje ijambo ku Inama Ishinzwe Amahoro ku Isi kandi ahamagarira irekurwa ry’Umucamanza Aydin Sefa Akay ufunze

Arusha, Lahe, 8 Kigarama 2016

Perezida Theodor Meron
Perezida Theodor Meron

Perezida w’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (“MICT”), Umucamanza Theodor Meron, uyu munsi yagejeje ku Nama y’Umuryango w’Abibumbye Ishinze Amahoro ku Isi raporo nshya ku mirimo ya MICT kandi ahamagarira irekurwa ry’Umucamanza…

 

Porokireri Serge Brammertz yagejeje ijambo ku Nama y’Umuryango w’Abibumbye Ishinzwe Amahoro ku Isi

Arusha, The Hague, 8 Kigarama 2016

Porokireri Serge Brammertz
Porokireri Serge Brammertz

Uyu munsi, Serge Brammertz, Porokireri w’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (MICT) n’uw’Urukiko Rwashyiriweho icyahoze ari Yugosilaviya (TPIY) yagejeje ijambo ku Nama y’Umuryango w’Abibumbye Ishinzwe Amahoro ku Isi (UNSC).

 

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yashyize Bwana Olufemi Elias ku mwanya wa Gerefiye w’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga

Arusha, The Hague, 29 Ugushyingo 2016

Bwana Olufemi Elias
Bwana Olufemi Elias

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ban Ki-moon, ejo yatangaje ko ashyize Bwana Olufemi Elias, w’Umunyanijeriya, ku mwanya wa Gerefiye w’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (“MICT”), akazatangira imirimo ye ku itariki ya…

 

Gutumira itangazamakuru mu muhango wo gutaha ku mugaragaro inyubako y’Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga iri Arusha

Arusha, 21 Ugushyingo 2016

Arusha premises

Itangazamakuru ritumiwe mu muhango wo gutaha ku mugaragaro inyubako nshya y’Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (“MICT”) iri Arusha muri Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzaniya.

 

Porokireri wa MICT Serge Brammertz yafashe ijambo mu nama yo gushyiraho Ihuriro ry’Ubufatanye mu Butabera mu Karere k’ibiyaga bigari

The Hague, 14 Ugushyingo 2016

Porokireri Brammertz hamwe n’abandi bitabiriye inama yo gushyiraho Ihuriro ry’Ubufatanye mu Butabera mu Karere k’ibiyaga bigari.
Porokireri Brammertz hamwe n’abandi bitabiriye inama yo gushyiraho Ihuriro ry’Ubufatanye mu Butabera mu Karere k’ibiyaga bigari.

Porokireri wa MICT Serge Brammertz yari i Nairobi, Kenya ku itariki ya 10 n’iya 11 Ugushyingo, aho yari umwe mu bantu b’imena bitabiriye inama igamije gushyiraho Ihuriro ry’Ubufatanye mu Butabera mu Karere k’ibiyaga bigari.

 

Perezida Meron yabonanye n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ban Ki-moon

Arusha, Lahe, 9 Ugushyingo 2016

Judge Theodor Meron and Secretary-General of the United Nations, Ban Ki-moon
Judge Theodor Meron and Secretary-General of the United Nations, Ban Ki-moon

Umucamanza Theodor Meron, Perezida w’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (“MICT”), ejo yabonanye n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ban Ki-moon.

Muri uwo mubonano, wabereye ku cyicaro gikuru cy’Umuryango w’…

 

Perezida Meron yagejeje ku Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye raporo ya kane y’umwaka kandi ahamagarira Turukiya kurekura Umucamanza Aydin Sefa Akay ufunzwe

Arusha, Lahe, 9 Ugushyingo 2016

Perezida Theodor Meron
Perezida Theodor Meron

Perezida Theodor Meron uyu munsi yagejeje ku Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye Raporo ya kane y’umwaka y’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamanga (“MICT”) kandi amenyesha Inteko ikibazo cy’Umucamanza wa MICT w’Umunyaturukiya witwa…

 

Perezida Meron araganira ku bufatanye mu by’ubutabera hagati ya IRMCT n’Inzego nyafurika n’iz’Afurika y’Uburasirazuba

Arusha, 23 Kanama 2016

IRMCT Arusha premises

Uyu munsi, Umucamanza Theodor Meron, Perezida w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y'Insigarira y'Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), yabonanye n’Umucamanza Augustino S. L. Ramandhani, Perezida w’Urukiko Nyafurika ku burenganzira bwa Muntu…

 

Urugereko rw’Ubujurire rwemeje bimwe mu byaha Ngirabatware yahamijwe mu rw’iremezo

Arusha, 18 Kigarama 2014

Appeals Chamber

Urugereko rw’Ubujurire rw’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (MICT) rugizwe n’Umucamanza Theodor Meron, Perezida, Umucamanza Bakone Justice Moloto, Umucamanza Christoph Flügge, Umucamanza Burton Hall, n’Umucamanza Liu Daqun, none…